in

Breaking news: Olivier Kwizera yerekeje gukina hanze y’u Rwanda

Kwizera Oliver wamaze gutandukana na Rayon sport nyuma y’uko ashoje amasezerano ye ndetse bakajya mu biganiro impande zombi ntizibashe kumvikana byatumye yishakira ahandi.

Biravugwa ko Oliver Kwizera na Nsabimana Aimable berekeje mu gihugu cya Soudi Arabia muri Jeddah Club nkuko Sam karenzi yabitangaje kuri Twitter ye.

Nsabimana Aimable yaraherutse gutandukana n’ikipe ya APR FC nyuma y’uko ashyizwe mu bakinnyi batongerewe amasezerano.

 

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Yolo The Queen yateguje abafana be ibikorwa bikomeye agiye gukora

Rutahizamu mushya wa Rayon Sports yavuze ko azi kuririmba no kubyina gusa akaba aje gufasha Murera kwegukana ibikombe