in

Rutahizamu mushya wa Rayon Sports yavuze ko azi kuririmba no kubyina gusa akaba aje gufasha Murera kwegukana ibikombe

Rutahizamu mushya Rayon Sports yazanye ukomoka mu gihugu cya Kenya witwa Paul Were, yatangaje byinshi ku ikipe ya  Rayon Sports ko ari ikipe ikomeye yajyaga ayumva.

Yavuze ko kandi ashimishijwe no kuba ari hano muri Rayon Sports ndetse avuga ko impano yifitiye ari ukuririmba no kubyina gusa.

Yagize ati “ngewe baranzi, ndi umusore usetsa cyane kandi nzi kubana n’abandi. Ubundi impano nifitiye ni ukuririmba no kubyina gusa kandi nshimira Imana kubwo iyo mpano yampaye.”

Uyu rutahizamu yakinnye mu makipe akomeye ndetse akaba yaranakinnye mu bubirigi.

Written by Geovanis

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250 781 375 290

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Breaking news: Olivier Kwizera yerekeje gukina hanze y’u Rwanda

Umuhanzikazi Vava Dore imbogo yarakaye cyane (Video)