in

Abanyeshuri badukanye amayeri ateye ubwoba aho bakopera ikizami ku makariso.

Mu gihugu cya Uganda, byamenyekanye ko abanyeshuri ba Kaminuza barimo gukopera ikizamini bifashishije amakariso n’udupfukamunwa.

Umuyobozi ushinzwe amasomo muri kaminuza witwa Prof Eli Katunguka yabwiye ikinyamakuru blizz.co.ug ko hari inkumi ziri gushyira mu makariso inkota [ibisubizo by’ibizamini] bakabyinjirana bagakopera bavuga ko ari Cotex. Yongeyeho ko bari no guhisha ibisubizo mu dupfukamunwa. Yagaragaje ko aya mayeri bayavumbuye nyuma y’uko hari abafashwe. Ubu kwinjira mu kizamini biri gusabwa ko umuntu agenzurwa agasakwa byimbitse.

Yatanze urugero avuga ko hafashwe umunyeshuri w’umusiramukazi wari wagerageje gukopera muri ubu buryo aho yafashe inkota [icyo gukopereraho] akayishyira mu kenda ke k’imbere yari yambaye ariko nyuma bakaza kumutahura. Ubu ngo hashyizweho abagore bashinzwe umutekano bari gusaka hose kugira ngo hakumirwe gukopera.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Umuhanzi w’umunyarwanda yashyize hanze ifoto y’ubwambure bwe,abantu bipfuka ku maso.

Biteye ubwoba:Umugabo yibwe inzoga arogesha abazibye kurisha nk’amatungo.