in

Uyu ni we munyamakuru wa mbere mu Rwanda ugira urwenya |Jado Fils wa RBA ntasanzwe.

Umunyamakuru wa RBA,Tuyishime Jean de Dieu uzwi nka Jado Fils  ni umwe mu banyamakuru bubatse izina hano mu Rwanda, amenyerewe cyane mu gitaramo ndetse n’ikinamico .

Uyu munyamakuru ni umwe mubanyamakuru bagira urwenya cyane haba mu biganiro akora ,haba kuri radio cyangwa mu buzima busanzwe.Jado Fils aganira na ISIMBI TV yavuze byinshi ku mwuga we w’itangazamakuru,ndetse n’ubuhanzi ,dore ko yumvikana kenshi mu ikinamico zica kuri RBA.Jado fils muri iki kiganiro kirekire yagaragaje inganzo ye ,irimo ubusizi ndetse ivanzemo n’urwenya.Jado Fils ni umunyamakuru ukunzwe cyane ,bitewe n’uburyo akoramo inkera mu gitaramo gikoranye ubuhanga buhambaye.

 

 

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Wa mukobwa wamenyekanye mu ndirimbo ikinyafu ni we wabaye Miss Popularity|Ibihembo yagenewe mu gihe cy’umwaka.

Nguyu umukobwa watashye amara masa muri Miss Rwanda ubugira gatatu.