in

Uwayezu Jean Fidel mu magambo akomeye yacecekesheje abanyamakuru bamaze iminsi bavuga ibintu atakunze ku ikipe ya Rayon Sports

Uwayezu Jean Fidel mu magambo akomeye yacecekesheje abanyamakuru bamaze iminsi bavuga ibintu atakunze ku ikipe ya Rayon Sports kugirango abakinnyi bajye muri Libya bari mu mwuka umwe

Perezida w’ikipe ya Rayon Sports Uwayezu Jean Fidel usanzwe adakunda kuvuga amagambo menshi yatangaje amagambo akomeye ku bimaze iminsi bivugwa kubo ayoboye muri iyi kipe.

Mu kiganiro yagiranye n’itangazamakuru kuri uyu wa Kane mu masaha y’igicamunsi, yaje gutangaza ko kuba umutoza na Hategekimana Bonheur batongana ni ibintu bisanzwe kuko abantu bakorana ngo baragongana muri byinshi.

Yagize Ati” Icya mbere nakubwira ni uko, Rayon Sports ntabwo turi abamalayika, turi ibiremwamuntu. Bivuze ko yaba njye Perezida n’ushinzwe Itumanaho, kubera akazi twagongana. Numvise abanyamakuru bashaka kubigira ikibazo gikomeye, ariko oya, nta kidasanzwe cyabaye, nta byacitse yabaye.”

Muri iki kiganiro ni naho uyu muyobozi yatangarije ko ikipe ya Rayon Sports izakoresha amafaranga angana na Milliyoni 70 z’amanyarwanda mu rugendo bazakora berekeza mu gihugu cya Libya kandi ibintu byose ngo bimeze neza mu mpande zose.

 

 

Written by Philcollens

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 784 798 373

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Ubuse kandi ko utangiye kubyerekana byose umugabo azashiturwa niki? Alyn Sano nyuma yo kwifotoza nta kenda k’imbere yambaye yongeye kurikoza ku mbuga nkoranyambaga -AMAFOTO

Bamubyukije mu gicuku bahita bamusinyisha: Nsanzimfura Keddy amaze gutangaza impamvu ikomeye yatumye bamubyutsa mu gicuku kugira ngo asinye ndetse n’imyaka azamara mu ikipe ye nshya igiye kumuhoza amarira yose yarize