in

Umuvugizi wa APR FC yavuze ikigiye gukurikira nyuma y’urupfu rw’umutoza wiyi kipe witabye Imana bitunguranye

Umuvugizi wa APR FC, Tony Kabanda, yavuze ku rupfu rw’umutoza Dr. Adel Zrane witabye Imana kuri uyu Kabiri tariki 2 Mata 2024, aguye iwe mu rugo.

Mu kiganiro yagiranye na Radiyo Rwanda mu Rubuga rw’imikino, Tony Kabanda yavuze ko iyo igihe cy’umuntu kigeze ntacyo wabihinduraho, igisigaye bagiye gufasha umuryango we.

Ati “Igeno ry’umuntu iyo ryageze nta kundi, urabyakira, ikiba gikurikiyeho ni ugufasha umuryango, guherekeza umuvandimwe kuko yari umukozi mwiza kimwe n’abandi.”

Written by Epaphrodite Nsengimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250736426472

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Rutahizamu uyoboye shampiyona y’icyiciro cya mbere mu Rwanda arifuza gukinira Amavubi

RIB ntabwo yari kurebera! Iby’urupfu rw’umutoza wa APR FC bikomeje kuba urujijo