in

Rutahizamu uyoboye shampiyona y’icyiciro cya mbere mu Rwanda arifuza gukinira Amavubi

Rutahizamu ukomeye cyane hano mu Rwanda ukomoka mu gihugu cya Nigeria ukinira Bugesera FC, Ani Elijah arifuza kuba yakinira ikipe y’igihugu Amavubi.

Uyu rutahizamu uyoboye abamaze gutsinda ibitego byinshi muri shampiyona y’u Rwanda aho ubu afite 14 akurikiwe na Victor Mbaoma wa APR FC ufite 13, yasabye kuba bahabwa ubwenegihugu agakinira u Rwanda.

Nta byinshi biramenyekana bijyanye n’aho ubusabe bwe bugeze, gusa amakuru ISIMBI dukesha iyi nkuru yamenye ni uko abo bireba barimo na FERWAFA babibwiwe ndetse n’umutoza w’ikipe y’igihugu Frank Torsten Spittler yashimye urwego rwe ku buryo amubonye ahamya ko hari icyo yamufasha.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Amashimwe ni yose kuri DJ Brianne nyuma yuko amaze kubagwa operasiyo ikaba yagenze neza – VIDEWO

Umuvugizi wa APR FC yavuze ikigiye gukurikira nyuma y’urupfu rw’umutoza wiyi kipe witabye Imana bitunguranye