in

Umutoza mushya wa APR FC Ben Moussa yatangaje impamvu abakinnyi bakomeye muri APR FC batari kugaragara mu kibuga

Hashize iminsi mike mu ikipe ya APR FC hagaragayemo umwuka utari mwiza hagati y’uwari umutoza wayo mukuru Adil Erradi Mohammed n’abakinnyi be gusa nyuma ubuyobozi bw’ikipe bwahise bukora inama bwanzura ko uwari umutoza wungirije Ben Moussa aba abawe uba utoza ikipe mugihe Adil yari amaze guhagarikwa.

Umutoza wungirije wa APR FC, Ben Moussa yavuze ko benshi mu bakinnyi bamaze iminsi batagaragara ari ibibazo by’imvune byabiteye.

Ben Moussa ni we uri mu nshingano zo gutoza APR FC mu gihe cy’iminsi 30 kubera ko umutoza mukuru Adil Erradi Mohammed yahagaritswe n’ubuyobozi bw’iyi kipe.

Nyuma y’umukino yaraye anganyijemo na Police FC 1-1, uyu mutoza yabajijwe ku bakinnyi batarimo kugaragara muri iyi minsi barimo Ruboneka Bosco, Ishimwe Pierre, Niyomugabo Claude na Omborenga Fitina.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Indirimbo Nahawe Ijambo ya Vestine na Dorcas ikoze ibara, reba videwo y’umwana utaramenya kuvuga neza ayiririmba yafashijwe(videwo)

Umuhanzikazi Rihanna wigaruriye imitima ya benshi kwisi ubu ahanzwe amaso n’isi yose