in

Umuhanzikazi Rihanna wigaruriye imitima ya benshi kwisi ubu ahanzwe amaso n’isi yose

Uyu muhanzikazi Rihanna ukorera umuziki we muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika uherutse no kwibaruka imfura ye yabyaranye n’umurapeli asap Rocky.

Ubu Rihanna akaba afite indirimbo ebyiri yakoreye filime yakunzwe n’abatari bake yitwa black panther iheruka gukina na Chadwick boseman kuri ubu witabye Imana.

Bikaba biteganyijwe ko azasimburwa nuwakinnye ari mushiki we uzwi ku izina rya Rupita Nyong’o.

Kuri ubu iyi filime ibura igihe gito ngo isohoke bivugwa ko Rihanna harimo indirimbo ze ebyiri yaririmbiye iyi filime kuri ubu Izaza yitwa wakanda forever yakunzwe n’abatari bake.

Written by OLIVIER NTANTURO

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it. Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza wamvugisha 👉🏿+250736426442

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Umutoza mushya wa APR FC Ben Moussa yatangaje impamvu abakinnyi bakomeye muri APR FC batari kugaragara mu kibuga

Benzema wegukanye ballon d’or yongeyeho amagambo abafana ba Real Madrid bishimiye