in

Umunyamakuru Reagan Rugaju avuze amagambo akomeye cyane kuri C.Ronaldo.

Mu kiganiro urubuga rw’imikino rwa Radio Rwanda,Rugaju Reagan avuze amagambo akomeye cyane kuri C.Ronaldo.

Rugaju abajijwe uko abona C.Ronaldo nyuma yo kwivumbura akava ku ntebe y’abasimbura akajya mu rwambariro,Rugaju yaziko C.Ronaldo ari umukinnyi mwiza pe ndetse no mu bakinnyi batanu ku isi bibihe byose yazamo akomeza avuga ko C.Ronaldo atari yiyakira ko yashaje,ashaka kubaho nka CR7 wo mu mwaka 22,nta mparaga agifite zo kwataka nk’abandi, ndetse ntago akiri CR7 ya cyera.

Rugaju yakomeje avuga ko akwiriye kugenda akaganira n’umutoza wa Manchester United,Eric Ten Hage,agabanye igitutu y’ifitemo cyo kugendera kuri mu cyeba we w’ibihe byose Leo Messi ukomeje kuvugwa, akwiriye kumenya ko atari kampara, ahubwo akwiriye kwishimira ko abo umutoza yashyizemo batsinze, Rugaju yakomeje avuga ko ibintu yakoze bidakwiye nk’umukinnyi mukuru ndetse atanga n’inama kuri we, Rugaju yagize ati:”CR7 natakira ko yashaje ngo abane n’umutoza neza akajya akomeza kwivumbura kuriya,bizarangira asoje umupira we nabi kuburyo ibyo yakoze bitazaba bigihabwa agaciro cyane kuko yagaragaje umyitwarire itari mwiza”.

Written by Clever Tuyishime

Written by CLEVER TUYISHIME

Niba ufite inkuru cg inkuru itakunyuze wampamagara cg ukanyandikira kuri WhatsApp:+250789221075

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Miss Pamela wa The Ben amafoto ye yashyize hanze atumye abiganjemo igitsina gabo bavugishwa(AMAFOTO)

Dore amafaranga The Ben ahembwa iyo akoreye igitaramo mu Rwanda akubye inshuro 3 ayo Bruce Melodie ahembwa