in

Miss Pamela wa The Ben amafoto ye yashyize hanze atumye abiganjemo igitsina gabo bavugishwa(AMAFOTO)

Uwicyeza Pamela uzwiho kugira ubwiza bukura abatari bacye biganjemo ab’igitsina gabo dore ko yigeze kwitabira irushanwa ry’ubwiza rya Miss Rwanda ntiyabasha kuritwara, amafoto ye akunze hushyira hanze avugisha abatari bacye.

Muri icyi gitondo yifashishije urukuta rwe rwa Instagram yashyize hanze ifoto igaragaza imiterere ye myiza maze abamukurikira baravuga bacika ururondogoro bose bahuriza k’ubwiza bwe.

Uyu mukobwa uherutse kwambikwa impeta n’umuhanzi w’icyamamare Mugisha Benjamin uzwi muri muzika nka The Ben usigaye ukorera umuziki we muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika.

Aba bombi bari bamaranye iminsi itari mike urukundo rwabo ruravugwa mu itangazamakuru gusa baje gufata icyemezo bajya gusezerana mu murenge, ubu bari kwitegura gukora ubukwe vuba aha.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Rugaju Reagan asezeranyije abakunzi be ikintu gikomeye.

Umunyamakuru Reagan Rugaju avuze amagambo akomeye cyane kuri C.Ronaldo.