in

Dore amafaranga The Ben ahembwa iyo akoreye igitaramo mu Rwanda akubye inshuro 3 ayo Bruce Melodie ahembwa

Benshi badatinya kuvuga ko bruce Melodie ariwe uyoboye umuziki nyarwanda gusa abahanzi benshi baba diasipora bo ntibabavuga.

Gusa mu makuru akomeza kujya hanze yerekana ko uyu muhanzi the ben ubwo aheruka mu Rwanda mu gitaramo bamutumiyemo kitwa Rwanda Rebirth Celebration uyu muhanzi bivugwa ko yahawe akayabo ka miliyoni 39 hafi miliyoni 40.

Mu gihe bruce Melodie ukunze gukorera ibitaramo byinshi muri Arena bikomeza bivugwa ko uyu muhanzi atajya arengerezwa Miliyoni 10 mu gitaramo yakoreye muri BK Arena.

Aya miliyoni 10 bivugwa ko ariyo Bruce Melodie yakiriye mu gitaramo yahuriyemo na Kizz Daniel wo muri Nijeriya ndetse na Sheebah Karungi wo muri Uganda cyabereye Canal olimpiya.

Written by OLIVIER NTANTURO

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it. Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza wamvugisha 👉🏿+250736426442

Subscribe
Notify of
guest
1 Comment
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments
Maniriho Hussein triple
Maniriho Hussein triple
1 year ago

Ntago biba byoroshye

Umunyamakuru Reagan Rugaju avuze amagambo akomeye cyane kuri C.Ronaldo.

Imvune zibakuye amata mu kanwa-Abakinnyi bakomeye batazitabira igikombe cy’isi muri Quatar bitewe n’imvune