in ,

Umunya Brasil ukomeye ikipe ya Fc Barcelona yaguze atumye undi mukinnyi ukomeye ahita ayivamo ku buryo butunguranye

Sergi Samper

Nyuma y’igenda rya Neymar ikipe ya Fc Barcelona iri mubibazo byo gushaka kwongera kwiyubaka aho yamaze gusinyisha umukinnyi wo hagati w’umunya Brasil Paulinho, gusa isinyishwa ry’uyu mukinnyi rihise rituma undi mukinnyi ukomeye wabonwaga mo kuzasimbura Iniesta ku mwanya we n’abafana ba Fc Barcelona.Image result for Sergi Samper

Sergi Samper Montaña umwana w’imyaka 22 wabonwaga nk’umusimbura mwiza wa Iniesta bitewe n’impano itangaje yagaragaje mu mikino mike yahawe ndetse no mu ikipe y’abana ya Barcelona. Uyu musore akaba agiye kwerekeza mu ikipe ya Girona yo muri Espagne ku ntizanyo kugirango age kuzamura nanone urwego rwe gusa abafana bakaba batarashimishijwe n’iki cyemezo.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

The Ben agiye kugaruka mu Rwanda gukora ikindi igitaramo cy’imbaturamugabo

Marina – MARINA