in

Umukobwa w’uburanga yasaze yirukanka mu muhanda nyuma yo kubenga umusore wamurihiye Kaminuza|Isomo rikomeye kuri benshi(VIDEO)

Umukobwa w’uburanga n’ikimero cyiza yafashwe n’ibisazi yirukanka mu muhanda yambaye uko yavutse nyuma yo kwihenura ku uwari umukunzi we ndetse wanamufashije kwiga Kaminuza amurihira buri kimwe.Ndetse baremeranyije ko nasoza amasomo bazabana nyamara akaza kumubenga.

Ibi byabereye mu gihugu cya Ghana, aho inkumi itagira uko isa yafashwe amashusho ,yambaye ubusa buri buri bitewe no kubenga umukunzi we.Nyuma y’aho uyu mukobwa yari arangije kaminuza ariko akaba yarabeshye umugabo ko bazabana maze uwo mugabo akamurihira kaminuza ndetse akamuha nibindi byose yari akeneye mu buzima busanzwe.

Muri ayo mashusho umukobwa uteye neza agaragara yambaye ubusa neza neza, mu muhanda rwa gati mu mujyi ndetse abamuzi bakemeza ko aribwo ibisazi bikimufata nta gihe kinini abimaranye. Uyu mugabo kuko yari yarabwiwe n’uyu mukobwa ko bazabana arangije kwiga ngo yari yarabereye uyu mukobwa nk’umubyeyi we kuko yamuhaye byose kuva mu mashuri yisumbuye kugeza muri kaminuza.

Uyu mukobwa akimara kurangiza kaminuza ngo yavuze ko ataberanye (adakwiranye) n’uyu mugabo kuko yamufataga nk’aho ari mukuru kuri we maze ajya kwishakira udusore duto bangana.

 

Ibi rero bamwe muri iyi minsi ntibabiha agaciro kandi mu by’ukuri nta muntu wakwihanganira guhara ibyo yagutanzeho cyane ko ntacy’ubu cy’ubusa ,isomo ni ukwirinda kuba ba bihemu no gusohoza amasezerano twagiranye n’abantu.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Umugore w’ikizungerezi umaranye SIDA imyaka 13 yose akomeje gutungura abantu bitewe n’uburyo abayeho.

Umugore wa Barack Obama agiye gutangira gukina filime idasanzwe.