Umukinnyikazi wa filime ukomeye muri Nigeria, Ini Edo yongeye gutitiza imbuga nkoranyambaga zigiye zitandukanye nyuma y’amafoto ye yasohoye yerekana imiterere ye.
Ni amafo ari kubica ku mbuga nkoranyambaga zigiye zitandukanye bitewe n’ukuntu uyu mugore yanditse izina muri sinema ya Nigeria.

Ini Edo Abinyujije ku mbuga nkoranyambaga ze yasohoye amafoto ye, yerekana imiterere ye ikurura benshi.
Ini Edo ni umukinnyikazi wa filime ukomeye muri Africa akaba yaratangiye uyu mwuga mu mwaka wa 2002 mu gihugu cya Nigeria.