in

NdabikunzeNdabikunze YEGOKOYEGOKO NDASETSENDASETSE

Umuhanzikazi Marina Deborah Yasomye Amakuru Kuri Televiziyo Rwanda Abantu Barayamanika (Video)

Umuhanzikazi Marina Deborah ukunzwe mu muziki Nyarwanda yerekanye ko afite n’indi mpano ubwo yagaragaraga kuri Televiziyo y’igihugu avuga amakuru mu rurimi rw’icyongereza. Ibi akaba yabikoze kuri uyu wa gatanu mu makuru y’icyongereza atambuka buri mugoroba kuri televiziyo y’igihugu aho yari yatumiwe nk’umuhanzi w’umunsi.

Ubwo yari kumwe n’umunyamakuru wa Televiziyo Rwanda, Athan Tashobya, mbere yuko baganira ku bijyanye n’umwuga we w’ubuhanzi, Marina kaba yabanje guhabwa umwanya maze asoma inkuru imwe muzari zateguwe.

Marina wavuze ko nubundi yakuze akunda itangazamakuru, yasomye inkuru mu buryo neza kandi ntagihunga, agaragazaka ko koko yifitemo indi mpano nyuma yo kuba umuhanzi ufite ijwi ryiza hano mu Rwanda.

Indi Nkuru Wasoma: Rwanda: Umusore Muto Upima Metero Zirenga 2 Z’uburebure yatangaje Abantu Barumirwa

Uyu kandi ukaba wabaye n’umwanya mwizakuri Marina wo gusobanurira abafana be ibijyanye n’ibikorwa bye bya Muzika, anavuga ku ndirimbo aherutse kugaragaramo yitwa Gafotoari kumwe n’umuhanzi akaba n’umunyamakuru Dj Phil Peter,

Reba amashusho ubwo Marina yasomaga inkuru kuri Televiziyo Rwanda

Written by Social Mula

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Anita Pendo n’umwana we basetse baratembagara ! Ese basetswagwa niki? (Inkuru irambuye)

Umukobwa w’imyaka 18 yakoze ubukwe n’umugabo w’imyaka 61 wahoze ari umugabo wa nyina(AMAFOTO)