in

“Sadio Mane yanze gufata byeri” – Ifoto ifungura umwaka wa Bayern Munich ikomeje gutungura benshi kubera imyambarire idasanzwe

Buri mwaka hafatwa ifoto iranga uwo mwaka ndetse iyo foto igaragaramo abakinnyi bose b’ikipe harimo abashya n’abasanzwemo bazafashe ikipe mu mwaka w’imikino.

Ku ifoto ifungura umwaka w’imikino wa Bayern Munich benshi mu bakinnyi bagaragaye bafashe ibirahure bya beer,Gusa Kizigenza Sadio Mane kubera imyemerere ye yaherekeje abandi gufata ifoto.

Sadio Mane n’umuyisilamu ntabwo ajya anywa ku gasembuye nubwo benshi bibwiraga ko yaba asoma ku gasembuye.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Mu isengesho ryo gusabira Yanga: Junior Giti byamurenze ararira mu gihe Rocky Kimomo agahinda kari kose ku maso (Amafoto)

“Narinziko tugomba kugira urugo rwiza” Umugore wa Yanga yateye agahinda benshi ubwo yavugaga ku mugabo we