in

Mu isengesho ryo gusabira Yanga: Junior Giti byamurenze ararira mu gihe Rocky Kimomo agahinda kari kose ku maso (Amafoto)

Mu gitondo cyo kuri uyu wa Mbere tariki 29 Kanama 2022, habaye isengesho ryo gusabira Nkusi Thomas (Yanga) uherutse kwitaba Imana muri Africa y’Epfo.

Iryo sengesho ryabaye mu gitondo nkuko byari biteganyijwe aho ryabereye muri New Life Bible Church.

Muri iryo sengesho Junior Giti kwifata byanze asuka amarira na none imbere y’abantu aho no kuvuga byari byanze umugore we akamuhumuriza.

Ni isengesho kandi ryari ryitabiriwe na bamwe mu bahanzi nka Chris Eazy ndetse n’inshuti ya Junior Giti, Rocky Kimomo yari ahari gusa na we agahinda Kari kose ku maso.

Amafoto:

Written by OLIVIER NTANTURO

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it. Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza wamvugisha 👉🏿+250736426442

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Mugisha na Rusine basindiye mu ruhame induru ziravuga (Amafoto)

“Sadio Mane yanze gufata byeri” – Ifoto ifungura umwaka wa Bayern Munich ikomeje gutungura benshi kubera imyambarire idasanzwe