in

“Narinziko tugomba kugira urugo rwiza” Umugore wa Yanga yateye agahinda benshi ubwo yavugaga ku mugabo we

Umugore wa Yanga ukomoka mu gihugu cy’ubuyapani yavuze ko yari aziko bagiye kubaka urugo rugakomera ubwo yiyemezaga kubana na we  kandi ko yari Yanga yatumye aba umukirisito.

Uyu mugore yavuze ko yamenyanye na Tom wamamaye nka Yanga muri 2006 baza gukora ubukwe muri 2011.

Muri icyo gihe cyose ngo Yanga yamwereye imbuto birangira uyu mugore yemeye kuva mu idini ry’ababuda aba umukirisito.

Akomeza avuga ko bitari byoroshye nk’umuyapani gushakana n’umunyafurika gusa ariko ngo Yanga yari afite umutima mwiza.

Ati ” Ariko yari afite umutima mwiza, narinziko tugomba kugira urugo rwiza.

Yanga yitabye Imana azize uburwayi bw’umwijima akaba yarasize abana babiri, umukobwa n’umuhungu ndetse n’umugore.

 

Written by OLIVIER NTANTURO

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it. Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza wamvugisha 👉🏿+250736426442

Subscribe
Notify of
guest
1 Comment
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments
Ncelo
Ncelo
1 year ago

Ubu se wanditse iki kweri?
Nakugira inama yo kujya kwiga itangazamakuru pe

“Sadio Mane yanze gufata byeri” – Ifoto ifungura umwaka wa Bayern Munich ikomeje gutungura benshi kubera imyambarire idasanzwe

Nyuma yo gushaka kuroga Mbappe, Pogba agiye kwicwa