in

Rodrygo yavuze impamvu yishimiye igitego nk’uko Cristiano asanzwe abikora ubwo yatsindaga Chelsea muri Uefa Champions League

Ku mugoroba wo kuri uyu wa kabiri, umunyaburezili Rodrygo Silva de Goes ukinira Real Madrid yari mu bihe byiza mu mukino wo kwishyura wa 1/4 kirangiza cya Champions League aho yafashije ikipe ye yatsinze Chelsea ibitego 2-0 bye wenyine.

Ubwo yatsindaga igitego cya mbere uyu musore yishimiye iki gitego mu buryo busanzwe bumenyerewe kuri Cristiano Ronaldo wakiniye iyi kipe.

Nyuma y’umukino, Rodrygo yasobanuye ko yiganye Cristiano mu rwego rwo kumuha agaciro ngo kuko ariwe afatiraho ikitegerezo.

Ati: “Igihe natsindaga igitego, icyo nahise niyumvamo ni ugutekereza gukora nk’ibyo Cristiano akora kuko ariwe ndeberaho ibyo akora.”

Written by Epaphrodite Nsengimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250736426472

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Intare FC zishobora kurya ibitego bitari munsi 6! Abakinnyi 11 Rayon Sports irabanza mu kibuga ku mukino irakinamo n’Intare FC ntamiyaga yashyizemo

Ese wari uziko urubuto rwa Watermelon rushobora kukugira indashyikirwa mu gikorwa cyo gutera akabariro