in

Imodoka ya HOWO yacitse feri yinjira mu nzu y’umuryango w’abantu 10

Mu karere ka Nyanza mu Murenge wa Kigoma mu Kagari ka Butara mu Mudugudu wa Nyabusheshe imodoka yo mu bwoko bwa HOWO yariho ipakirwa yasenye inzu y’umuturage.

Iyi modoka yarimo ipakirwa itaka, mu mirimo yo gukora umuhanda Nyanza-Bugesera. Iyi modoka yari iparitse nta muntu uyirimo nibwo yaje gucika fere igonga inzu y’umuturage.

 

Iyi modoka yasenue inzu ya Ngirayesu Theogene ufite umuryango w’abantu 10. Ku bwamahirwa nta muntu wakomeretse cyangwa ngo ahasige ubuzima. Uyu muryango kandi wahise ushakirwa aho kuba ucumbikiwe.

Written by Uwihirwe

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.:+250725077325

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Umuririmbyi mu njyana ya hip hop hano mu Rwanda, yatanze kandidatire ye asaba kwiyamamariza kuba umukuru w’igihugu

Nyabugogo – Giti cy’inyoni habereye impanuka ya Moto ebyiri, ikamyo ya Howo n’ivatiri byagonyaniye mu muhanda rwa gati