in ,

Neymar yongeye gukora AMABARA yari asanzwe akora muri FC Barcelone mu mukino yari ategerejweho byinshi (AMAFOTO)

Ku munsi w’ejo ubwo ikipe ya Marseille yakiraga ikipe ya mukeba wabo y’ibihe byose Paris Saint Germain mu mukino wiswe izina rya “Le Classique”,nk’uko byari bitezwe aya makipe yombi yananiranywe.

Yari umukino wa mbere w’igerageza kw’ikipe ya PSG muri shampiyona ya Ligue 1 iyi saison,yaje gutungurwa cyane aho mu gice cya mbere yatsinzwr igitego cyiza na Luis Gustavo cy’ishoti ryo hagati mu kibuga,nyuma y’iminota mike ariko Neymar yaje kwishyura iki gitego.Neymar was sent off shortly before Edinson Cavani rescued Ligue 1 giants Paris Saint-Germain

Cavani struck an injury-time free kick in their 2-2 draw against rivals Marseille on Sunday

Nyuma mu gice cya kabiri,Florient Thauvin yaje gutsinda igitego mbere gato y’iminota 80 y’umukino.Neymar yaje guhabwa amakarita y’imihondo 2 mu munota umwe gusa kubera gushyuha mu mutwe.Neymar equalised and at half time he and Gustavo congratulated each other on their goals

Neymar yasize bagenzi be ariko ntibyabujije ikipe ya PSG kwishyura kuri coup franc nziza yatewe na Edinson Cavani wakomeie kuzirwanira na Neymar nyamara umwanya yabonye wo kuyitera yahise arokora iyi kipe.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Reba hano ifoto umuhanzikazi Butera Knowless yishimira kandi imushimisha mu buzima

Ikipe ya Real Madrid ikomeje gutera ubwoba abafana kuko yaherukaga kwitwara nabi gutya mu mwaka wa 1943 (IMPAMVU)