in ,

Ikipe ya Real Madrid ikomeje gutera ubwoba abafana kuko yaherukaga kwitwara nabi gutya mu mwaka wa 1943 (IMPAMVU)

Ikipe ya Real Madrid yagize saison nziza ubushize ubwo yatwaraga igikombe cya shampiyona ndetse n’icya champions League,iyi saison nshya ntago biri kuyihira nubwo yitwaye neza ku munsi wa 9 wa shampiyona igatsinda ikipe ya Eibar 3-0 i Santiago Bernabeu. Cristiano Ronaldo

Mbere y’uwo mukino nyamara ikipe ya Real Madrid yari imaze kunganya 3 itsindwa 1 mu mikino 7 ya shampiyona ibintu bitaherukaga vuba kuko byaherukaga mu mwaka wa 2003.Ibibi kurusha ibyo byaherukaga mu mwaka wa 1943 igikombe cy’I Burayi cyitaranabaho ndetse igikinira ku kibuga cyitwaga Charmatin.

Mu mukino yatsinze Eibar yasubije benshi kwongera kumwenyura ariko ibitego byatsinzwe na Marco Asensio na Marcelo ikindi cyitsinzwe na myugariro wa Eibar ntago bihagije ngo ikipe ya Real Madrid yumve iri ku rwego yifuza kubaho iyi saison.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Neymar yongeye gukora AMABARA yari asanzwe akora muri FC Barcelone mu mukino yari ategerejweho byinshi (AMAFOTO)

Umwe mu bagize itsinda rya Urban Boys yakoze ikimenyetso kigaragaza ko bagiye gutandakana(inkuru irambuye)