in

Mukarujanga yatunguye abakunzi be nyuma yo kugaragara yambaye BIKINI(Amafoto)

Mukarujanga wamenyekanye muri filime nyarwanda zitandukanye yatunguye abakunzi ubwo yagaragaraga yagiye koga muri Piscine ndetse akambara n’imyambaro yabugenewe izwi nka Bikini.

Abantu benshi batunguwe no kumubona yambaye Bikini ndetse bacika ururondogoro babivugaho amagambo atandukanye bitewe n’ubunini bwe. Koga ni imwe muri Siporo ituma umuntu yagabanuka ibiro mu buryo bwihuse nkuko ubushakashatsi bwabigaragaje.

Mukarujanga ubusanzwe afite ubunini twakwita ko bukabije,butuma aho anyuze atangarirwa n’abantu batari bake,ari nabyo byatunguye abantu cyane kumubona yambaye umwambaro wa Bikini,ibintu abantu batiyumvishaga ko yakora bitewe n’ingano y’umubiri we.

Mukarujanga yamenyekanye mu ruhando rwa Sinema Nyarwanda nyuma yogukinana Filimi n’abakinnyi bamamaye barimo Kanyombya.

 

Photo _kigalihits

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Abakiniye Amavubi U15 muri CECAFA ya 2019 biganje mu bahamagawe muri U17

Top 10 y’Abanyarwandakazi b’ikimero babiciye bigacika ku mbuga nkoranyambaga mu 2020