in

Mu marira menshi reba ukuntu rutahizamu ukomeye wa Argentina yasezeraga burundu ku bafana, aretse gukina akiri muto(videwo)

Rutahizamu w’ikipe y’igihugu ya Argentina Gonzalo Gerardo Higuaín nyuma y’uko Inter Miami yo muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika yakiniraga itsinzwe na New York City ibitego 3-0 yahise asezera ku mupira w’amaguru.

Mu marira menshi yubitswe umutwe maze akuramo inkweto asezera gukina umupira w’amaguru ku mwaka ye 34 y’amavuko asezeye habura ukezi kumwe n’insi ibiri ngo igikombe cy’isi gitangire ikipe ye ya Argentine ihatane n’andi makipe.

Gusa abasesenguzi b’umupira w’amaguru bavuga ko impamvu yariraga cyane ari uko yibukaga ukuntu atazakina igikombe cy’isi, kuri ubu ntiharamenyekana igitumye uyu rutahizamu asezera. Reba videwo:

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Umutoza Ben Moussa wa APR FC yatangariye ubuhanga budasanzwe bw’umukinnyi wa Police FC

Genzura neza ibi bimenyetso by’indwara y’agahinda gakabije utaba uyirwaye.