in

Mu gikombe cy’isi amateka akomeje kw’isubiramo ku ikipe y’igihugu ya Ghana na Uruguay

Ghana na Eruguay aya  makipe yaherukaga guhura mu gikombe cy’isi muri 2010 aho ikipe y’igihugu ya Uruguay baganyaga na Ghana igitego 1-1 bagatera penariti bikarangira Uruguay ikomeje.

Ariko agashya kabayemo nuko umukinnyi  Suarez yakuyemo umupira n’akaboko Ghana  itera penariti arayihusha ari nako byagenze uyu munsi, Ghana yabonye penariti mu gice cya 1 ariko gapiteni w’abo arayihusha nkuko n’ubundi uwari kapiteni  wa Ghana yayihushije bigatuma ikipe ye ihita isezererwa mu gikombe cy’isi.

Ikipe y’igihugu ya Ghana yahabwaga amahirwe ariko birangiye isezerewe bituma batabasha kw’ihorera Kuri Uruguay nubwo bitayihiriye ko iko meza.

amateka yanisubiyemo ubwo abadage basezererwaga mu bikombe by’isi bibiri byikurikiranya Kandi baviramo  mu matsinda.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Teta Sandra yongeye gukorera Weasel ikintu gikomeye

Rubavu: umusore ukundana nabo bahuje ibitsina mu inzu imwe yatangaje impamvu ikomeye ibimutera