in ,

Mu Buryo butunguranye The Ben agarutse gutaramira abanyaRwanda mu mugi wa Kigali (amafoto)

Nyuma y’imyaka igera kuri 6 adakandagira mu Rwanda umuhanzi The Ben yemeje bidasubirwaho ko azaza guatramira banyarwanda mu mugi wa Kigali mu gitaramo gisanzwe kizwi nka East African Party.

Inkuru yo kuza kwa The Ben yamenyekanye mu ntangiro z’ukwezi gushize gusa abantu benshi bari banze kubyemera kuko nyir’ubwite we atari yigeze abitangaza, gusa ubu noneho mu butumwa aramutse yoherereza inshuti z’inaha i Kigali yanditse agira ati :”It’s confirmed fam. I’m coming home 🔥🔥🔥🔥🔥🔥🔥🔥🔥🔥🔥🔥🔥🔥🔥🔥🔥🔥🔥🔥🔥🔥🔥🔥🔥🔥🔥🔥🔥🔥🔥” bisobanuye ngo :”Byemejwe ku buryo budasubirwaho. Ngiye gutaha iwacu murwanyibarutse”

Ibyo kandi bikaba byari biherekejwe na affiche y’igitaramo cya East African Party kizaba tariki ya mbere mutarama 2017.

theben1

Written by YegoB

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

One finger Selfie Challenge: Umuco wadutse ukomeje gutuma abakobwa biyambika ubusa ku karubanda (amafoto na video)

Afite imyaka 18 gusa ariko reba ikimuteye gushyira ubusugi bwe ku isoko (ICYEMEZO GIKOMEYE)