in

KNC n’ikipe ye beretswe ko ibyo baba bakangisha andi makipe ari amagambo gusa

Kuri uyu munsi tariki ya 10 Ukwakira 2023 shampiyona y’icyiciro cya mbere hano mu Rwanda yari yakomeje.

Byari ku munsi wa gatandatu wa shampiyona aho iki ya KNC Gasogi United iburiye amanota atatu imbere ya Gorilla Fc.

Ni umukino banganyijemo ibitego bibiri kuri bibiri bituma amakipe yombi atwara inota rimwe.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Aya makuru arihutirwa ku banyeshuri ba UR bari bategereje Graduation muri uku kwezi

Biteye isoni n’ikimwaro! Abakunzi b’umupira w’amaguru bariye Karungu nyuma yo kumva ibintu biteye isoni byabaye muri shampiyona y’u Rwanda