in

Biteye isoni n’ikimwaro! Abakunzi b’umupira w’amaguru bariye Karungu nyuma yo kumva ibintu biteye isoni byabaye muri shampiyona y’u Rwanda 

Biteye isoni n’ikimwaro! Abakunzi b’umupira w’amaguru bariye Karungu nyuma yo kumva ibintu biteye isoni byabaye muri shampiyona y’u Rwanda.

Ikipe ya Enticelles FC yatewe mpaga n’ikipe ya Musanze FC nyuma yo kubura Imbangukiragutabara ku kibuga ibi bikomeje kwinubirwa n’abakunzi b’umupira w’amaguru mu Rwanda bavuga ko ibi bihesha isura mbi shampiyona y’u Rwanda.

Bimwe mu byo abakunzi b’umupira w’amaguru bagiye batangaza nyuma yo kumva inkuru y’uko ikipe ya Enticelles FC yatewe mpaga kubera kubura Imbangukiragutabara (Ambulance):

Written by Aphrodis Nizeyimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250787782000

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

KNC n’ikipe ye beretswe ko ibyo baba bakangisha andi makipe ari amagambo gusa

Andy Bumuntu uzwiho kuba afite ijwi rihogoza abakobwa yongeye kwereka abakunzi be ko burya afite ijwi riherekejwe n’impano(Videwo)