in ,

Iyumvire uburyo ikipe ya Fc Barcelone yabonye amahirwe yo kugura Cristiano Ronaldo maze akayica mu myanya y’intoki

Mu gihe ku munsi w’ejo hirya no hino ku isi abantu batagira ingano bazaba bahanze amaso umukino uzaba uhuza ikipe ya Real Madrid na Fc Barcelone, uwahoze ayobora Barca yahishuye uburyo yabonye anahirwe yo kugura Cristiano gusa bikarangira amunyuze mu myanya y’intoki akigira i Manchester.

Résultat de recherche d'images

Joan Laporta wahoze ayobora Fc Barcelone yagize ati :”Twari tumaze kugura Ronaldinho, marque na Quaresma icyo gihe twari mu bihe byo kwiyubaka. Cristiano yari akiri mu ikipe ya Sporting mbere yuko yerekeza muri Manchester United. Naganiriye na agent we (Jorge Mendes) washakaga ko tugura Deco. Ntibyakunze kuko icyo gihe nta mafaranga ahagije twari tugifite (Nyuma Deco yaguzwe mu mwaka wakurikiyeho) yahise atubwira ko afite undi mukinnyi w’umuhanga. Uwo ntawundi yari crsitiano Ronaldo. Sporting yari yarumvikanye na Manchester United ko izamugura miliyoni 19 mu gihe twe twari twiteguye gutanga 17 gusa maze umukinnyi aba aducitse atyo.

https://www.youtube.com/watch?v=QiKrPU7xwzQ&t=31s

 

Written by YegoB

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Irebere umukinnyi w’AMAVUBI ufite umukunzi buri musore wese yifuza

Ibare by King James