in

Israel yasabiwe guhagarikwa na FIFA kubera ibitero iri kugaba muri Gaza.

Uyu munsi mu gitondo tariki ya 8 Gashantare 2024 ikinyamakuru Sky news cyatangaje ko gifite urwandiko rusa neza nurwo amashyirahamwe y’umupira w’amaguru muri aziya yatanze asaba FIFA guhagarika il rya Israel mu bikorwa bya ruhago.

ibi bihugu biyobowe na Qatar, Leta Zunze Ubumwe z’Abarabu, Jordanie Palestine, Arabie Saoudite iyi baruwa Kandi yohererejwe abanyamuryango ba FIFA 211 ndetse n’ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru iburayi ((UEFA)

Prince Ali bin Al Hussein umuyobozi w’ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru muri Jordanie Prince Ali bin Al Hussein yavuze ko ahamagarira abanyamuryango ba FIFA na FIFA ko bakwiye guhaguruka bakarwanya akarenge Kari gikorwa na Israel

Ati “Twe nk’Ishyirahamwe rya Ruhago ryo mu Burengerazuba bwa Aziya, duhamagariye FIFA, Impuzamashyirahamwe ndetse n’Amashyirahamwe yose kutwiyungaho tukamagana akarengane kari kubera muri Palestine ndetse n’ibyaha by’intambara biri muri Gaza.”

Written by Kubwayo Mc croix

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250 722 452 338

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Umuhanzi M.Augustin Bella akomeje kwesa imihigo muri muzika nyarwanda

Bruce Melody yahuriye na The Ben mu rwambariro muri Amerika The Ben amukorera agashya