Uwavuga ko Diamond ari mu bahanzi bacyeya bo muri Africa y’Uburasirazuba bamaze kwagura umuziki wabo kandi bawukora nk’akazi ntabwo yaba abeshye,kuva mu ntangiriro za 2015 ubwo yaratangiye gukundana  na Zari Hassan imbaraga yakoreshaga mu muziki zabaye nk’izikubye gatatu ari bwo mu mwaka wa 2016 hagati  yerekeje muri Leta Zunze ubumwe z’Amerika akanahurana n’abahanzi bakomeye nka kanye West.
Zari nubwo byavuzwe ko adakunzwe na nyina wa Diamond,bisa naho uyu mukecuru avomera mu rutete kuko Diamond na Zari bamaze kunga ubumwe dore ko yamubyariye umwana ndetse n’uwakabiri ari ubuvuka.
YEGOB.RW yakuzaniye amafoto  utazi agaragaza  ipfundo rikomeye riziritse  iyi couple ifite abakunzi batari bacye ,Ihere ijisho :
