Kuri iki cyumweru nibwo amakuru dukesha 90min.com yatugeragaho ahamya ko ikipe ya Arsenal yamaze kumvikana n’ikipe ya Sporting Lisbon ku ntizanyo y’umukinnyi wabo wo hagati wigaragaje kandi akanitwara neza Joel Campbell

Ibi ntibyashimishije nagato abafana ba Arsenal kuberako uyu mwana yabashimishije kuburyo budasanzwe, ariko iyo umutoza yafashe icyemezo ntawamuvuguruza.