Kuri iki cyumweru nibwo amakuru dukesha 90min.com yatugeragaho ahamya ko ikipe ya Arsenal yamaze kumvikana n’ikipe ya Sporting Lisbon ku ntizanyo y’umukinnyi wabo wo hagati wigaragaje kandi akanitwara neza Joel CampbellUyu mwana utijwe yagaragaje ko arusha benshi mu mikinire ye ariko umutoza we Arsene Wenger amwituye kumugaragariza ko atamukeneye muri ino saison azamugarura iyi saison irangiye.

Ibi ntibyashimishije nagato abafana ba Arsenal kuberako uyu mwana yabashimishije kuburyo budasanzwe, ariko iyo umutoza yafashe icyemezo ntawamuvuguruza.