in

Ibyo abamotari bakoreye i Kigali ntibisanzwe(AMAFOTO)

Bamwe mu bamotari bo mu mujyi wa Kigali biroshye mu mihanda barigaragambya basaba gukemurirwa ibibazo bihura nabyo, birimo amafaranga bakatwa kuri mubazi n’ubwishingizi bwa moto bukomeje guhenda.

Aba babwiye itangazamakuru basabwa kwishyura asaga hafi ibihumbi 560 Frw buri mwaka arimo: Ibihumbi 18 Frw batanga y’umusoro buri mezi 3.

Ibihumbi 5 Frw ya Koperative, buri kwezi, hakiyongeraho n’ibihumbi 216 Frw y’Ubwishingizi, ndetse n’amafaranga ya Mubazi.

Bati:’’Hari ikibazo cya mubazi, hari n’ibindi bibazo bigendanye n’ubwishingizi bari batubwiye ko babugabanya ariko ntabwo byakozwe. Ikindi na Yego Moto iri kuturenganya, kandi ntabyo twari twarabwiwe’’.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Umunyamakuru Chita yerekanye abagize umuryango we (Amafoto)

Ibyo Umugore wa Safi Madiba yakoreye umuntu wamubwiye ko ari mubi (video)