in

Ibyiza byo kunywa inkari zawe mu gitondo zigishyushye!?|

Ubaye udafite ikibazo cy’indwara zitandukanye ziterwa na bacteria nka  mburugu n’imitezi ndetse n’izindi ndwara zishobora kwandurira mu mibonano mpuzabitsina ,kunywa byibura igikombe cy’inkari zawe mu gitondo ukibyuka hari icyo bikuvura.

Ikinyamakuru healthline dukesha iy’inkuru kivuga ko ubusanzwe inkari z’umuntu zigizwe na 91 cg 96 % z’amazi ,indi mibare yose isigaye akaba ari umunyu,ammonia,n’ibindi , bityo ko kunywa inkari ari umuti ukomeye abantu bataramenya.

Dore icyo kunywa inkari mu gitondo zigishyushye bigufasha:

  • Bivura ibibazo by’umutima
  • igihe ufite igikomere zigufasha kucyumisha vuba
  • Ibibazo by’ubuhumekero ,cyane ku byama gripe n’ibindi nk’ibyo
  • impyiko
  • gupfuka k’umusatsi
  • Bakavuga ko kunywa inkari mu gitondo bigufasha kwirirwana umutima mwiza kandi utuje
  • zivura indwara z’uruhu
  • Igihe nanone wariwe n’uruyuki ngo inkari zishobora kugufasha kubyimbura cyangwa gukuramo urubori rw’uruyuki mu mubiri wawe.

Icyakora nubwo healthline ivuga ko ari byiza kunywa inkari nk’uko byanditswe mu gitabo cya John W. Armstrong umwanditsi w’umwongereza mu gitabo cye “The Water of Life: A Treatise on Urine Therapy,”  mu mwaka w’  1945 bavuga ko atari byiza kubikora bya buri munsi cyangwa utabanje kwiyambaza inama za muganga .

Cyane ko ari nta bushakashatsi bwari bwashyirwa hanze n’abahanga mu by’ubuzima bemeza ko kunywa inkari ari umuti ,ariko nanone usanga mu bihugu byinshi birimo Nigeria n’ahandi ku isi bakifashisha inkari nk’ubuvuzi

 

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Lionel Messi nyuma yo gutwara igikombe cy’isi yahawe icyubahiro gikomeye n’abarimo Neymar muri PSG [Amafoto]

Neymar akomeje guterwa imijugujugu n’abaturage ba Brazil nyuma y’ishyingurwa rya Pele