in ,

Cristiano Ronaldo yakoze ibintu bitigeze bikorwa n’undi mukinnyi numwe mu mateka y’umupira w’amaguru

Ku munsi w’ejo ikipe y’igihugu ya Portugal yakinnye umukino wayo wa mbere mu gikombe cy’isi 2018 aho yari yahuye n’ikipe y’igihugu ya Espagne, capiteni wayo Cristiano Ronaldo rero akaba yaraboneyeho umwanya wo kwandika ako mu mupira w’amaguru.

Cristiano Ronaldo ku munsi w’ejo akaba yaratsinze ibitego bitatu byose ikipe ya Espagne ubwo amakipe yombi yanganyaga bitatu kuri bitatu. Ibi rero bikaba bayratumye Cristiano Ronaldo aba umukinnyi wa mbere ubashije gutsinda igitego mu marushanwa mpuzamahanga 8 yose akurikiranye (Euro 2004, Mondial 2006, Euro 2008, Mondial 2010, Euro 2012, Mondial 2014, Euro 2016, Mondial 2018).

Written by YEGOB HIT

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Inzozi za Lionel Messi n’abafana ba Fc Barcelona zaraye zihindutse umuyonga

Umva amagambo asekeje Paul Pogba yavuze nyuma yo gutsinda bigoranye Australie