in ,

Umva amagambo asekeje Paul Pogba yavuze nyuma yo gutsinda bigoranye Australie

Ikipe y’igihugu y’Ubufaransa ni imwe mu makipe ahabwa amhirwe yo kwegukana igikombe cy’isi 2018, gusa ariko nyuma y’umukino umaze kubahuza n’ikipe ya Australie benshi mu bakinnyi bayo batashye batanyuzwe ndetse biruhutsa kuko habuze gato ngo batakaze amanita atatu.

Paul Pogba watsinze igitego cyahesheje insinzi Ubufaransa nyuma y’umukino yaganiriye n’abanyamakuru agira ati : “Nta kipe y’akana ibaho. Australie yakinnye umukino wayo, ni ikipe nziza. Niko bizagenda muri mikino yose. Byaringobwa ko dutsinda. Igitego cyanjye? Nabifashijwemo na myugariro. Ikingenzi nuko umupira wagiye mu izamu. Natsindisha ugutwi, izuru cyangwa se ikirenge byose ni kimwe gipga kujyamo.

 

Written by YEGOB HIT

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Cristiano Ronaldo yakoze ibintu bitigeze bikorwa n’undi mukinnyi numwe mu mateka y’umupira w’amaguru

Uwahoze muri URBAN Boys mu manyanga adasanzwe na Miss Igisabo