in ,

Cristiano Ronaldo yakoreye umukunzi we ibintu atigeze akorera abandi bakobwa baryamanye nawe bose

Cristiano Ronaldo ni umwe mubakinnyi bakunda kandi bakunzwe n’abakobwa benshi ku isi, ibi rero bikaba byaratumye mu gihe amaze akina umupira w’amaguru yaragiye akundana ndetse anaryamana n’abakobwa benshi gusa ariko muri abo bose bakundanye mbere ntawe yigeze akorera nkibyo yakoreye uwo bari kumwe ubu ariwe Georgina Rodriguez.

Nkuko ikinyamakuru cyo mu Butaliyani kitwa Chi cyabitangaje, Georgina Rodriguez umukunzi wa Cristiano atwite inda y’impanga.

Iki kinyamakuru rero kikaba kitabivuga gusa kuko cyanabigaragaje cyifashishije amafoto ya Cristiano Ronaldo ari kumwe n’umukunzi we ubwo baheruka kujya kuruhukira muri corse muri weekend ishize bikaba bigaragara ko uyu mukobwa asa n’utwite urebye inda ye.

Cristiano Ronaldo rero abandi bakobwa bose bagiye bakundana nawe akaba nta numwe yigeze atera inda ndetse yewe n’umwana afite yabyawe n’umugore utazwi (mère porteuse) “ntibari birwe baryamana”.

Written by YEGOB HIT

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Kubera ubukene abakinnyi ba Real Madrid bacumbikiwe nabi mbere yo gukina Final

Buffon akubiswe inshuro ubwo umunyezamu uhenze ku isi atashye i Manchester(inkuru irambuye)