Bamwe mu bagabo bagakwiye kumenya amagambo bakwiye kubwira abakunzi babo amagambo meza atuma bakomeza gushimangira urukundo rwabo. Igitsina gore gikunze cyane gushimishwa n’amagambo aryohereye babwirwa n’abakunzi...
Ntibyoroshye kumenya niba umukobwa mukundana aguca inyuma cyane cyane ko izo ngeso akenshi zitazwi ku bakobwa ahubwo zizwi cyane ku bahungu, ariko iyo witonze ukitegereza imyitwarire...
Akenshi abakobwa muri iki gihe usanga bakunda gushakwa n’abagabo babaruta, abasore nabo bagakunda gushaka abakobwa barusha imyaka y’ubukure. Mu miryango itandukanye abana b’abakobwa bari mu kigero...
Nubwo atari bose ariko hari abasore batazi kubasha kumenya niba umukobwa yabakunze cyangwa abafitiye amarangamutima. K’utabasha kumenya niba umukobwa agufitiye amarangamutima byaba intandaro yo kwitinya no...
Iyo ugerageje kureba mu bitabo bitandukanye bisobanura amagambo mva mahanga bitandukanye usanga ijambo SlayQueen risobanurwa mu buryo butandukanye, hari aho usanga risobanura “abakobwa bakunda ibigezweho kandi...
Akenshi na kenshi usanga abasore cyangwa inkumi bakora ibintu ariko batazi neza ibyo bakora gusa bikamera nk’aho biganye, bigendanye n’ibihe tugezemo iterambere ridusunikira gukora ibintu tutazi...
Abantu benshi bibeshya ku bintu bitandukanye bashobora guha abakunzi babo kugira ngo babashimishe ndetse banubake urukundo nyarwo hagati yabo n’abakunzi babo aho usanga bamwe bishuka ko...
Guterwa indobo birababaza Uwo usaba urukundo ntiyiteguye Buri wese agira uko ayobora amarangamutima ye kandi urukundo narwo ruyoborwa n’amarangamutima. Mu gushaka uwo musangira urukundo hari igihe ugwa ku...
Bifata igihe kugira ngo umukobwa yemerere umusore runaka ko bazabana,kuko abanza kureba niba koko uwo ubimusaba afite ibya ngombwa bihagije byo gutunga urugo cyangwa niba koko...
Akenshi iyo abantu bakundana bagatandukana usanga bagerageza kuba bakomeza kuba inshuti zisanzwe kuko baba batekereza ko nk’abantu bakundanye badakwiye gutandukana burundu. Ni byo koko abantu bigeze...