Umuntu wese iyo agiye mu rukundo aba yumva byaba burundu yifuza ko we n’umukunzi we barambana iteka ryose ndetse no mu mutwe aba yumva ko we...
Ni kenshi usanga umuntu yakunze undi ariko akabura aho abihera abimubwira cyangwa yabimubwira bakamukurizaho bimwe ab’ubu bita “gutera indobo”. Burya umuntu aterwa indobo kubera uburyo yitwaye...
Kugira ngo umubano wanyu urusheho kuba mwiza no kuzaba mwiza hari interuro n’ ingingo mudakwiye kubwira umugore wawe cyangwa umukobwa mukundana. 8 Wakundanye n’ abagabo bangahe...
Mu buzima biragora gutakarizwa icyizere ngo wongere ukigarurirwe, no mu rukundo ni ko bimeze kuko icyizere ni ikintu cy’ibanze gifasha mu kubaka urukundo rugakomera kuko nta...
Burya abagore bagira ibintu byinshi bakundira abagabo, muri yi nkurtu nifuje kubagezaho , ibintu 4 cyane kurusha ibindi. Hari ibintu abagore bakundira abagabo nabo ubwabo badashobora...
Abasore benshi barazwa ishinga no kumenye niba koko umukobwa abakunda bya nyabyo, hari igihe umukobwa akora ibikorwa runaka byerekana ko akunda umusore ariko ntabibone kuko atabizi....
Baravuga ngo ubonye umugore mwiza aba abonye ikintu cyiza ndetse ngo burya nubona umugabo mwiza ukwiye ujye umenya ko inyuma ye hari umugore mwiza n’ubwo utamubona....
Ni byiza kwita umugabo wawe amazina y’urukundo kuko yongera ibyiyumviro by’urukundo bikanatuma murushaho kwiyumvanamo. Ukuyemo amazina amenyerewe nka Baby, Sweetie, Honey n’andi abantu bakunze kwitana hari...
Ibengwa ry’abakobwa ahanini ngo riterwa n’amakosa 5 nyamukuru akorwa n’abakobwa mugihe cyo gukundana no kurambagizwa. Ushobora kwibaza impamvu umukobwa ashobora kuba afite uburanga (ari mwiza), amafaranga,...
Inzobere mu buvuzi bwifashisha siporo yagaragaje ibyiza biba ku mugore n’umugabo iyo bakorana siporo. Iyi nzobere igaragaza ko kimwe mu by’ingenzi bikwiye gutera abashakanye gukorana siporo...