in

Musore menya ubwenge: Abantu 4 abakobwa baba bashaka gukorwa n’abasore ariko bakaba batabibabwira

Abakobwa bakunda gukorwaho gusa si buri hose baba bashaka gukorwaho kuko hari aho batajya bishimira gukorwaho.

Muri iyi nkuru tugiye kukwereka ahantu 4 abakobwa bakunda ko abasore babakobwa.

4. Mu biganza: Abakobwa bakunda ko abasore babakora mu biganza cyane.

3. Ku rutugu: muri mu muhanda ukamufata ku rutugu, aranezerwa cyane kuko aba yumva atari wenyine mu nzira.

2. Kumufata mu nda: aha abikunda iyo umuturutse inyuma.

1. Ku misatsi no mu isara: muri kuganira ukamukora kuri ibyo bice ndetse ukabiheresha amagambo meza, araryoherwa cyane.

Written by OLIVIER NTANTURO

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it. Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza wamvugisha 👉🏿+250736426442

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Abakobwa babanaga mu nzu barwanye umwe yitabaza icyuma aziko ari imikino ashiduka agiyeye mugenzi we, birangira apfuye yari aziko ari kukimukangisha gusa – videwo

Yabirakariyemo: Element yasabwe kutaratira abantu ubwiza