in imikino “Barabeshya nta kibazo nagiranye na Adil”: Keddy yamaganiye kure abavuga ko yagiranye ibibazo n’umutoza Adil ubwo yari muri APR FC maze ahita atangaza uruhare rukomeye yagize kugira ngo ajye kuyora ifaranga mu Misiri
in imikino Disi barayitereranye!: Perezida wa Rayon Sports mu ijwi ryuzuye ikiniga yavuze uburyo Ferwafa yanze kubafasha kugira ngo bitegura imikino nyafurika binashobora gutuma iyi kipe ibura amahirwe yo kujya mu matsinda ya CAF Confederation Cup
in imikino Aho ifaranga rikubise haroroha! Dore urutonde rw’abakinnyi bari muri shampiyona ya Saudi Arabia baguzwe muri Premier League
in imikino Burya koko agahinda ntikica ahubwo kagira mubi! Abagande baraye baririye mu myotsi nyuma yo kunyagira ikipe y’igihugu ya Niger ariko bikaga bikaba iby’ubusa
in imikino Azanye umwitozo akuye iburayi none ikibuga cyamubanye gito! Rutahizamu wa Amavubi Byiringiro Lague yakoze imyitozo idasanzwe abantu bagirango siwe -AMAFOTO
in imikino Bamubyukije mu gicuku bahita bamusinyisha: Nsanzimfura Keddy amaze gutangaza impamvu ikomeye yatumye bamubyutsa mu gicuku kugira ngo asinye ndetse n’imyaka azamara mu ikipe ye nshya igiye kumuhoza amarira yose yarize
in imikino Uwayezu Jean Fidel mu magambo akomeye yacecekesheje abanyamakuru bamaze iminsi bavuga ibintu atakunze ku ikipe ya Rayon Sports
in imikino Kimenyi Yves yakoze ibintu mu myitozo byatumye ahabwa icyizere cyo kubanza mu izamu ry’ikipe y’igihugu y’u Rwanda Amavubi -AMAFOTO
in imikino Aya mafaranga se ko ateye ubwoba: Hamaze kumenyekana akavagari k’amafaranga ikipe ya Rayon Sports izakoresha ijya muri Libya gukina na Al Hilal Bengazi
in imikino Kiyovu Sports yatumijeho igitaraganya umukinnyi bari barabitse ukomeye nyuma yo kubona igiye guhura na Rayon Sports barimo gutinya
in imikino Ubundi abakinnyi n’abakobwa ntibasigana! Abakinnyi n’abatoza b’ikipe y’igihugu Amavubi babanje guhura n’inkumi z’uburanga mbere y’uko bajya gukina na Senegal mu mukino utagize icyo uvuze
in imikino Yanze kuba nk’abandi yiyizira gukinira ikipe y’igihugu! Umukinnyi wari ukenewe mu Amavubi yafashe umwanzuro aruta abandi aza gukinira ikipe y’igihugu y’u Rwanda