in

Bitunguranye ikipe y’igihugu Amavubi yabatarengeje imyaka 17 ntikitabiriye CECAFA 2022

Ikipe y’igihugu Amavubi yabatarengeje imyaka 17 ntikigiye mu  mikino ya cecafa  igomba kubera Addis Ababa mu gihugu cya Ethiopia, kuva Ku itariki 30 nzeri kugeza kuri 15 ukwakira2022.

Abaturarwanda benshi batunguwe no Kumva ko urwanda rutakibonetse murino mikino. Nubwo minisiteri ifite siporo mu nshingano ntacyo yari yatangaza kuri ibi, hari amakuru menshi Avuga ko igitumye U17 ititabira ari ikibazo cy’uko habuze amafaranga.

U Rwanda rwari ruherereye mu itsinda rya 2 hamwe na ugunda, Djibouti, uburundi na sudani. Amakipe abiri azakina finale, azahita abona tike yo kuzakina imikino yanyuma y’igikombe cy’Afurika cy’abatarengeje imyaka 17.

Ni inshuro ya kabiri yikurikiranya urwanda rutitabira. Cecafa iheruka yatwawe na Uganda itsinze Tanzania ibitego 3-1, icyo gihe yari yabereye igisenyi mu Rwanda.

 

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Umukecuru yatewe inda n’umwuzukuru we kubera umukazana yananiwe kwita ku mugabo ahitamo kubyikorera

“Najyaga niba ibiryo” umuhanzikazi ukomeye yavuze inzira y’umusaraba yanyuzemo kurinda aba icyamamare