in

Umukecuru yatewe inda n’umwuzukuru we kubera umukazana yananiwe kwita ku mugabo ahitamo kubyikorera

Inkuru idasanzwe y’umukecuru w’imyaka 56 yatangaje ko atwite umwana w’umuhungu we nyuma kubera ko umukazana we atajya abasha kwita kubuzukuru be nkuko bikwiye uyu mukecuru akaba ashaka kujya abitaho bikwiye.

Nancy Hauck, ukomoka muri St. George, muri Leta ya Utah, yahisemo kuba umusimbura ku muhungu we, Jeff Hauck w’imyaka 32, ibi ngo yabikoze ashaka kujya yita kubana b’uyu muhungu we kuruta uko umukazana we yabitagaho.

Uyu mukecuru yavuzeko ibi yabikoze agira ngo ashimishe umuhungu we kuko aziko ari umugabo ukunda abana kuva kera.

Written by Geovanis

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250 781 375 290

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Producer MadeBeats I burayi inkuru yasamiwe hejuru n’umuhanzi nyarwanda ukomeye nawe wiberayo

Bitunguranye ikipe y’igihugu Amavubi yabatarengeje imyaka 17 ntikitabiriye CECAFA 2022