in

Bijou yaburiye abantu bakoresha imbuga nkoranyambaga ko hari abatekamitwe bari gukoresha izina rye bakabatuburira

Munezero Aline wamamaye muri filime Bamenya nka Bijou, yatangaje ko hari abatekamitwe biyitiriye amazina ye ku mbuga nkoranyambaga nka Facebook ndetse na Twitter, bakabeshya abantu mu nyungu zabo bwite bitwaje izina rye.

Abinyujije ku rukuta rwe rwa Instagram, Bijou yabwiye abamukurikira ko bakwiye gushishoza neza ngo kuko hari abantu biyita amazina ye kuri Facebook na Twitter kandi atabikoresha.

Yagize ati “Nkurikije ibi, nkoresha ubu buryo kugirango mvuge ko nta konte ya Twitter ndetse na konte ya Facebook gusa Instagram ariyo Aline_____rw.”

Written by Epaphrodite Nsengimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250736426472

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Ubugufi bwa Rusine bwatumye yurira intebe kugira ngo yifotozanye na Aliah Cool – IFOTO

Dore ibimenyetso bizakwereka ko umukobwa agukunda igihe mutarabibwirana