in

Benzema wegukanye ballon d’or yongeyeho amagambo abafana ba Real Madrid bishimiye

Karim Benzema wegukanye ballon d’or nta n’umwe namugereranya nawe yishimiwe n’abafana b’iyi ekipe bikomeye cyane.

Mu kiganiro yagiranye n’itangazamakuru Karim Benzema yabajijwe niba hari indi kipe ashobora kujyamo aramutse avuye muri Real Madrid.

Yasubije ati:” ngewe akakanya ubu ndi umukinnyi wa Real Madrid gusa ntana gahunda mfite yo kuyivamo kuko iyi ekipe ya Real Madrid nzayivamo nsezera umupira.”

Aya magambo yishimiwe n’abafana kuko Usibye kuba akinira iyi ekipe yahishuye n’urukundo ayikunda.

Written by OLIVIER NTANTURO

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it. Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza wamvugisha 👉🏿+250736426442

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Umuhanzikazi Rihanna wigaruriye imitima ya benshi kwisi ubu ahanzwe amaso n’isi yose

Amafoto:Harahiye Buri wese n’uwe ibyakurikiyeho nyuma y’igitaramo bakoranye muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika