in

Amafoto:Harahiye Buri wese n’uwe ibyakurikiyeho nyuma y’igitaramo bakoranye muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika

Mu gitaramo Charly na nina bahuriye mo na platin wakoze aririmba my itsinda rya Dream Boyz bagize n’ibihe byiza byo gufata Amafoto y’urwibutso.

Mu mafoto n’amashusho byakomeje gusakara ku mbuga nkoranya mbaga aba bahanzi nyarwanda charly na Nina ndetse na platin.

Bagaragarijwe urukundo rukomeye n’abanyarwanda batuye muri Leta ya Kentucky aho muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika.

Aho bafashe n’amafoto bari kumwe n’uwitwa innox ubarizwa mu gihugu cy’Uburundi ndetse n’izindi nshuti za bishimiye.

Written by OLIVIER NTANTURO

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it. Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza wamvugisha 👉🏿+250736426442

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Benzema wegukanye ballon d’or yongeyeho amagambo abafana ba Real Madrid bishimiye

Breaking news: Rutahizamu ukomeye w’ikipe y’igihugu ya Argentine asezeye gukina umupira w’amaguru, inkuru mbi kubafana bayo