in

As Kigali itoraguje amashashi Kiyovu Sports mu mihanda y’i Nyarugenge

Kuri uyu munsi tariki ya 20 Mutarama 2024 nibwo shampiyona y’icyiciro cya mbere hano mu Rwanda yakomeje ku munsi w’ayo wa 17.

Umukino wari utegerejwe na benshi ni umukino wahuje amakipe yo mu mujyi wa Kigali ariyo Kiyovu Sports yakiriwe n’ikipe ya As Kigali.

Uwo mukino waje kurangira ikipe ya As Kigali itsinze Kiyovu Sports igitego kimwe ku busa.

Indi mikino yabaye harimo.

– Étoile de l’Est 2-2 Sunrise

– Bugesera FC 1-2 Musanze FC

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Umukinnyi wakiniye Manchester United yiyemeje kuba umupadiri nyuma yo gusanga ibya ruhago bitavamo -Amafoto

Hoteri iherutse gupfiramo Umupadiri wari uri kwiha akabyizi, yongeye gupfiramo Umupasiteri