in

Umukinnyi wakiniye Manchester United yiyemeje kuba umupadiri nyuma yo gusanga ibya ruhago bitavamo -Amafoto

Philip Mulryne wakiniye Manchester United n’andi makipe yo mu Bwongereza nk’umukinnyi wo mu kibuga hagati, yiyemeje kuba umupadiri.

Ni nyuma yo gusanga ibyo yakuraga muri ruhago bitamuha kwisanzura guhagije.

Uyu Munya-Ireland yatangiye kwiha Imana ahereye ku buhereza muri Kiliziya Gatorika ubwo yari mu Ikipe y’Igihugu ndetse anakinira Norwich City FC na Cardiff City.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Ikigo cy’amashuri cya TSS/EAV Rushashi cyafashwe n’inkongi y’umuriro

As Kigali itoraguje amashashi Kiyovu Sports mu mihanda y’i Nyarugenge