in

Amakuru mashya ku biciro bya Lisansi na Peteroli mu Rwanda

Urwego rw’Igihugu rushinzwe kugenzura imikorere y’inzego zimwe mu mu mirimo ifitiye igihugu akamaro (RURA) rwatangarije abaturarwanda bose ko ibiciro by’ibikomoka kuri peteroli bigumishijwe uko bisanzwe mu gihe kingana n’amezi abiri uhereye ku itariki 5 Ukuboza 2022.
Ni ukuvuga ko Lisansi uzakomeza kugurushwa 1580 Frw kuri litiro na ho
mazutu ikaba 1587 kuri litiro.

Itangazo rya RURA

Nubwo ku rwego mpuzamahanga ibiciro by’ibikomoka kuri peteroli bikomeje kuzamuka, Guverinoma yanzuye ko mu mezi abiri ari imbere ibiciro bizakomeza uko byari bisanzwe.

Written by THIERRY Mugiraneza

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it :+250 789 020 938

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Roberto Firmino nyuma yo guterwa ishoti na Brazil akomeje kuryoherwa n’ibiruhuko hamwe n’umufasha we _ Amafoto

Ese ujya ugira Hangover?, dore bimwe mu bintu byoroshye kubona kandi bivura Hangover vuba kubayigira